Latest news

Bimwe mu byaha ushobora gukurikiranwaho ufatiwe mu bucuruzi, gukwirakwiza ibitujuje ubuziranenge

Ubucuruzi bugira uruhare runini mu iterambere ry'igihugu no mu mibereho myiza y'abaturage. Icyakora, hari bamwe mu bacuruzi bahitamo inyungu z'ako…

Read more →

Ibyo wamenya ku itegeko ryerekeye kurwanya ruswa mu Rwanda

Nubwo u Rwanda ruza kenshi mu bihugu bifite ruswa nke ku rwego mpuzamahanga, ruswa ntiracika burundu, cyane cyane mu mitangire ya  serivisi zimwe na…

Read more →

Umusaruro mwiza wa Operasiyo USALAMA ushingiye ku bufatanye burambye bw’Ibihugu - Umunyamabanga Mukuru wa RIB

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Kabanda Pacifique yibukije abitabiriye inama ya operasiyo USALAMA ko uretse ibyafashwe…

Read more →

Uruhare rw'ababyeyi mu guhangana n’icyaha cyo gusambanya abana

Gusambanya abana ni ikibazo gihangayikishije isi yose n'u Rwanda by'umwihariko kuko kibangamira umutekano w'abana, kikaba gifite n'ingaruka mbi ku…

Read more →

Sobanukirwa bimwe mu byaha wakwisangamo mu gihe ukoresha imbuga nkoranyambaga

Muri iki gihe imbuga nkoranyambaga zirimo X (yahoze ari Twitter), Facebook, Instagram, TikTok, WhatsApp, YouTube n’izindi zifasha abantu gusangira…

Read more →

Menya itandukaniro riri hagati y’ibirego mpanabyaha n’ibirego mbonezamubano

Amategeko y’u Rwanda atandukanye ateganya ibyiciro bibiri by’imanza zicibwa n’inkiko harimo imanza zituruka ku birego mpanabyaha n’imanza zituruka ku…

Read more →

Wari uzi ko gushishikariza cyangwa gufasha undi kwiyahura bihanwa n’amategeko mu Rwanda?

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (WHO) rigaragaza ko kwiyahura ari imwe mu mpamvu zikomeye z'urupfu mu rubyiruko rw'imyaka hagati ya 15…

Read more →

Uburenganzira bw’ukekwaho icyaha: Icyo amategeko y’u Rwanda ateganya

Iyo umuntu aketsweho icyaha yatangiye kugikurikiranwaho, hari abatekereza ko aba yatakaje uburenganzira bwe bwose. Ibi kenshi bigaragarira mu…

Read more →

Menya serivisi zitangwa n’Ishami rishinzwe ibikorwa bya INTERPOL muri RIB

Ku itariki ya 27 Ugushyingo mu mwaka wa 1973 nibwo u Rwanda rwasabye kuba umunyamuryango mu Muryango Mpuzamahanga uhuza Polisi ku isi INTERPOL,…

Read more →

Ni ibihe bimenyetso bikwiye kubungabungwa ku mwana wasambanyijwe?

Guhera tariki ya 26 Gicurasi uyu mwaka, Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango (MIGEPROF) ku bufatanye n’Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB),…

Read more →