Latest news

Wari uzi ko gushishikariza cyangwa gufasha undi kwiyahura bihanwa n’amategeko mu Rwanda?

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (WHO) rigaragaza ko kwiyahura ari imwe mu mpamvu zikomeye z'urupfu mu rubyiruko rw'imyaka hagati ya 15…

Read more →

Uburenganzira bw’ukekwaho icyaha: Icyo amategeko y’u Rwanda ateganya

Iyo umuntu aketsweho icyaha yatangiye kugikurikiranwaho, hari abatekereza ko aba yatakaje uburenganzira bwe bwose. Ibi kenshi bigaragarira mu…

Read more →

Menya serivisi zitangwa n’Ishami rishinzwe ibikorwa bya INTERPOL muri RIB

Ku itariki ya 27 Ugushyingo mu mwaka wa 1973 nibwo u Rwanda rwasabye kuba umunyamuryango mu Muryango Mpuzamahanga uhuza Polisi ku isi INTERPOL,…

Read more →

Ni ibihe bimenyetso bikwiye kubungabungwa ku mwana wasambanyijwe?

Guhera tariki ya 26 Gicurasi uyu mwaka, Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango (MIGEPROF) ku bufatanye n’Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB),…

Read more →

Icyo amategeko avuga ku byerekeranye no gukuramo inda mu Rwanda

Ishami ry'Umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (World Health Organization - WHO), rivuga ko gukuramo inda bidakozwe neza ari ikibazo cy’ingutu ku…

Read more →

Abamamaza ibikorwa by'ubwambuzi bushukana baraburirwa

Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abakoresha imbuga nkoranyambaga n'ibitangazamakuru bamamaza abakora ibikorwa by'ubwambuzi bushukana ko…

Read more →

Abagiye kurangiza ibihano barasabwa kuzafatanya n’abandi kurwanya ingengabiterekerezo ya jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye abagororwa bagiye kurangiza ibihano by’ibyaha bahamijwe ku ruhare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu…

Read more →

Abo mu Turere twa Gicumbi, Nyagatare na Gatsibo bibukijwe uruhare bafite mu kurwanya icyaha cyo gusambanya abana

Mu bukangurambaga bwo gukumira no kurwanya icyaha cyo gusambanya abana, abaturage bo Turere twa Gicumbi, Nyagatare na Gatsibo mu Ntara y'Iburasirazuba…

Read more →

Abagize itsinda rya "Les Artisans de la Paix" mu ishuri rya Green Hills Academy basuye icyicaro gikuru cya RIB

Abanyenshuri bibumbiye mu itsinda ryitwa "Les Artisans de la Paix" mu ishuri rya Green Hills Academy basuye icyicaro gikuru cy'Urwego rw'Ubugenzacyaha…

Read more →

Rubavu: RIB yafunze noteri wigenga n’abandi batandatu bafatanyije kugurisha ubutaka babwiyitirira

Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze uwitwa Imanirakiza Issa Naphtal, noteri wigenga ukorera mu Karere ka Rubavu n'abandi bantu batandatu aribo;…

Read more →