Latest news
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Mata, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasezeye abagenzacyaha 17 bagiye kujya mu kiruhuko cy’izabukuru mu…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abigana bakanacuruza ibinyobwa by’inzoga za likeri (liquor) biba bitujuje ubuziranenge kubicikaho kuko bifite…
Tariki ya 04 Ukwakira 2024 i Kigali hateraniye inama rusange ya gatanu y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) iyobowe n’umunyamabanga Mukuru w’Urwego…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Nzeri 2024 hasojwe amahugurwa yari amaze iminsi itanu agenewe abaforomo n’abaforomokazi ku gukusanya no kubungabunga…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abantu 45 bava mu Turere dutandukanye bakurikiranweho ubujura bwa “Mobile Money” isaba abaturarwanda ubufatanye…
Guhera kuri iyi tariki ya 8 Nyakanga, 2024 bimwe mu byangombwa bitangwa na RIB byongerewe mu bizajya bitangirwa ku rubuga Irembo rutangirwaho serivisi…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rurakangurira abantu batunze imodoka kugira amakenga no kuba maso ku bujura bukoreshejwe ikoranabuhanga bw’amapieces…
Isange One Stop Centre ni ikigo cyatangijwe ku gitekerezo cya Nyakubahwa Jeannette Kagame mu mwaka 2009 nyuma y’uko bigaragaye ko ibyaha by’ihohoterwa…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ibindi byaha (UNODC) rivuga ko icuruzwa ry’abantu rifatwa nk’uburyo bugezweho…
Ku itariki ya 21 Nzeri 2023, itsinda ry’abagenzacyaha 20 ba RIB uyu munsi ku cyicaro gikuru cyayo ku Kimihurura bahawe amahugurwa ajyanye n’ikoreshwa…