Latest news

Wari uzi ko gushishikariza cyangwa gufasha undi kwiyahura bihanwa n’amategeko mu Rwanda?

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (WHO) rigaragaza ko kwiyahura ari imwe mu mpamvu zikomeye z'urupfu mu rubyiruko rw'imyaka hagati ya 15…

Read more →

RIB iraburira abantu ku bucuruzi bw'amafaranga butemewe bukorwa na Deere Equipment

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abaturarwanda kwirinda ubutekamutwe bwa nshore-nunguke bukorerwa kuri murandasi harimo n'abitwa Deere…

Read more →

Ibyo wamenya ku butekamutwe bw’abiyita “Eliminati Rwanda”

Hirya no hino mu gihugu hasanzwe hazwi ubutekamutwe bwifashisha telefoni, abiyita abakozi b’ibigo by’itumanaho, abihayimana bahamagara abantu babasaba…

Read more →

Abantu 10 bakurikiranweho kwigana inzoga za likeri, RIB iraburira ababikora

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abigana bakanacuruza ibinyobwa by’inzoga za likeri (liquor) biba bitujuje ubuziranenge kubicikaho kuko bifite…

Read more →

Inama rusange ya gatanu y’ubugenzacyaha y’ibanze ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu mitangire ya serivisi no guhangana n’ibyaha

Tariki ya 04 Ukwakira 2024 i Kigali hateraniye inama rusange ya gatanu y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) iyobowe n’umunyamabanga Mukuru w’Urwego…

Read more →

RIB yasoje icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa ahabwa abaforomo ku bimenyetso bya gihanga

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Nzeri 2024 hasojwe amahugurwa yari amaze iminsi itanu agenewe abaforomo n’abaforomokazi ku gukusanya no kubungabunga…

Read more →

RIB yafashe abajura biba bakoresheje Mobile Money

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abantu 45 bava mu Turere dutandukanye bakurikiranweho ubujura bwa “Mobile Money” isaba abaturarwanda ubufatanye…

Read more →

Bimwe mu byangombwa bya RIB ubu biri gutangirwa ku Irembo

Guhera kuri iyi tariki ya 8 Nyakanga, 2024 bimwe mu byangombwa bitangwa na RIB byongerewe mu bizajya bitangirwa ku rubuga Irembo rutangirwaho serivisi…

Read more →

RIB iraburira abantu ku bujura bwa za pieces zimodoka bukoresheje ikoranabuhanga

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rurakangurira abantu batunze imodoka kugira amakenga no kuba maso ku bujura bukoreshejwe ikoranabuhanga bw’amapieces…

Read more →

Tumenye imikorere ya Isange One Stop Centre na serivisi itanga

Isange One Stop Centre ni ikigo cyatangijwe ku gitekerezo cya Nyakubahwa Jeannette Kagame mu mwaka 2009 nyuma y’uko bigaragaye ko ibyaha by’ihohoterwa…

Read more →