Latest news

Sobanukirwa icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y'undi

Ku itariki ya 19 Mutarama, 2026 Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze umwarimu muri Kaminuza akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya…

Read more →

Icuruzwa ry'abantu: RIB yagaragaje amayeri asigaye akoreshwa, isaba abantu kugira amakenga ku babizeza ubuzima bwiza

RIB yibukije abaturarwanda cyane cyane urubyiruko gushishoza no kugira amakenga ku babizeza ubuzima bwiza mu mahanga, no gutanga amakuru ku gihe…

Read more →

RIB irasaba abagororwa bagiye kurangiza ibihano byabo kutaba intandaro yo guhungabanya ubumwe bw’abanyarwanda

RIB yibukije abagororwa bagiye gusoza ibihano bahawe kubera uruhare rwabo muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ko ubumwe bw’abanyarwanda ari imwe…

Read more →

RIB iributsa abashinzwe irangamimerere gushishoza mugihe cy'imyandikire y’imyirondoro

RIB yatanze umuburo ku bakozi bashinzwe irangamimerere ibasaba kugira amakenga ku byo babwirwa n'abashaka ibyangombwa no gukurikiza amategeko…

Read more →

RIB yakiriye abagize itsinda ry’inararibonye mu nama nyunguranabitekerezo ku myitwarire mibi mu rubyiruko

Umunyamabanga Mukuru Col Pacifique Kabanda ari kumwe n’abayobozi bakuru ba RIB yakiriye abagize itsinda ry’inararibonye riturutse mu Rubuga…

Read more →

Umuvugizi wa RIB yaganirije Intore mu Ikoranabuhanga ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga

Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi akaba n’umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yaganirije abitabiriye icyiciro cya kane…

Read more →

RIB yasabye abanyeshuri n’abarimu ba Lycée de Kigali kwirinda icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibifitanye isano nayo

Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, akaba n’umuvugizi wa RIB Dr. Murangira B. Thierry yasabye abanyeshuri n’abarimu bo mu ishuri rya…

Read more →

Umunyamabanga Mukuru wa RIB yaganirije abayobozi b’amashami atandukanye ku bunyamwuga

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Mata, 2025 Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Col. Pacifique Kabanda yibukije uruhare rukomeye…

Read more →

Guhuza ubumenyi, ubushobozi n’imikoranire ni ngombwa mu kurwanya ibyaha ndengamipaka - Umunyamabanga Mukuru wa RIB

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Mata, 2025 Umunyambanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Col. Pacifique Kabanda yafunguye ku mugaragaro inama…

Read more →

Nzakomereza ku musingi washyizweho mu gukora byinshi byiza kandi mu mucyo – Umunyamabanga Mukuru wa RIB

ariki ya 01 Mata, 2025 ku cyicaro gikuru cya RIB habereye ihererekanyabubasha hagati y’Umunyamabanga Mukuru wa RIB usimbuwe mu mirimo, Col (Rtd)…

Read more →