Latest news
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Mata, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasezeye abagenzacyaha 17 bagiye kujya mu kiruhuko cy’izabukuru mu…
Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa RIB, Kamarampaka Consolée afungura ku mugaragaro amahugurwa yo ku rwego rw'isumbuye ku ikoreshwa ry'ururimi…
RIB irongera kwibutsa abagura imitungo itimukanwa kujya bashaka amakuru yuzuye kuri yo mbere yo kwishyura amafaranga yabo mu rwego rwo kwirinda kugura…
RIB irongera kwibutsa abakoresha telefoni by'umwihariko abakoresha nimero za telefoni zitangizwa n'imibare wa 078830 kwitondera ababahamagara…
RIB yibukije abaturarwanda cyane cyane urubyiruko gushishoza no kugira amakenga ku babizeza ubuzima bwiza mu mahanga, no gutanga amakuru ku gihe…
RIB yibukije abagororwa bagiye gusoza ibihano bahawe kubera uruhare rwabo muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ko ubumwe bw’abanyarwanda ari imwe…
RIB yatanze umuburo ku bakozi bashinzwe irangamimerere ibasaba kugira amakenga ku byo babwirwa n'abashaka ibyangombwa no gukurikiza amategeko…
Umunyamabanga Mukuru Col Pacifique Kabanda ari kumwe n’abayobozi bakuru ba RIB yakiriye abagize itsinda ry’inararibonye riturutse mu Rubuga…
Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi akaba n’umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yaganirije abitabiriye icyiciro cya kane…
Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, akaba n’umuvugizi wa RIB Dr. Murangira B. Thierry yasabye abanyeshuri n’abarimu bo mu ishuri rya…