Latest news

RIB yasezeye abagenzacyaha 17 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Mata, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasezeye abagenzacyaha 17 bagiye kujya mu kiruhuko cy’izabukuru mu…

Read more →

Kuvugana n'ufite ubumuga bwo kutumva uba ushimangira ko afite uburenganzira bwo guhabwa ubutabera - Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa RIB

Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa RIB, Kamarampaka Consolée afungura ku mugaragaro amahugurwa yo ku rwego rw'isumbuye ku ikoreshwa ry'ururimi…

Read more →

RIB yafashe agatsiko karimo noteri wigenga n'umu agent w’Irembo kagurishaga ubutaka bw’abandi, isaba abagura imitungo itimukanwa gushishoza


RIB irongera kwibutsa abagura imitungo itimukanwa kujya bashaka amakuru yuzuye kuri yo mbere yo kwishyura amafaranga yabo mu rwego rwo kwirinda kugura…

Read more →

RIB iraburira abafite nimero za telefoni zitangizwa n'imibare 078830 kugira amakenga ku babahamagarira kugira ibyo bakora biyita abakozi b'ibigo by'itumanaho

RIB irongera kwibutsa abakoresha telefoni by'umwihariko abakoresha nimero za telefoni zitangizwa n'imibare wa 078830 kwitondera ababahamagara…

Read more →

Icuruzwa ry'abantu: RIB yagaragaje amayeri asigaye akoreshwa, isaba abantu kugira amakenga ku babizeza ubuzima bwiza

RIB yibukije abaturarwanda cyane cyane urubyiruko gushishoza no kugira amakenga ku babizeza ubuzima bwiza mu mahanga, no gutanga amakuru ku gihe…

Read more →

RIB irasaba abagororwa bagiye kurangiza ibihano byabo kutaba intandaro yo guhungabanya ubumwe bw’abanyarwanda

RIB yibukije abagororwa bagiye gusoza ibihano bahawe kubera uruhare rwabo muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ko ubumwe bw’abanyarwanda ari imwe…

Read more →

RIB iributsa abashinzwe irangamimerere gushishoza mugihe cy'imyandikire y’imyirondoro

RIB yatanze umuburo ku bakozi bashinzwe irangamimerere ibasaba kugira amakenga ku byo babwirwa n'abashaka ibyangombwa no gukurikiza amategeko…

Read more →

RIB yakiriye abagize itsinda ry’inararibonye mu nama nyunguranabitekerezo ku myitwarire mibi mu rubyiruko

Umunyamabanga Mukuru Col Pacifique Kabanda ari kumwe n’abayobozi bakuru ba RIB yakiriye abagize itsinda ry’inararibonye riturutse mu Rubuga…

Read more →

Umuvugizi wa RIB yaganirije Intore mu Ikoranabuhanga ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga

Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi akaba n’umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yaganirije abitabiriye icyiciro cya kane…

Read more →

RIB yasabye abanyeshuri n’abarimu ba Lycée de Kigali kwirinda icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibifitanye isano nayo

Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, akaba n’umuvugizi wa RIB Dr. Murangira B. Thierry yasabye abanyeshuri n’abarimu bo mu ishuri rya…

Read more →